Igihe mwakwifuza gushyigikira ibikorwa bya AMI, mwatuvugisha mukoresheje ubu buryo bukurikira
                    
                    - Coordinateur: BIZIMANA Jean Baptiste
- Phone: +250 788-849-846
- Mail: ami.rwanda@yahoo.fr
 
                
             
         
         
    
    
        
        
            
POROGARAMU
        
        
            
                
                    
                 
             
         
     
    
    
    
        
            
                
                    
                    
                        Gushyiraho urwego rugira uruhare mu mibereho n'imitekerereze  
                        
                        
                           Kugira ngo  hitabwe  ku  bukungu bushingiye ku mibereho n'imitekerereze myiza by'abatishoboye, ni ukuvuga abarokotse jenoside na abahoze bafungiwe icyaha cya jenoside, ingo zazahajwe n'amakimbirane mu cyaro n'abandi. 
Bisaba umuryango wose kwita ku bantu bafite imitima yakomeretse binyuze mu kubafasha babaha ibyo bakeneye by'ibanze mu buzima, ariko hejuru y'ibyo byose bakagira imyumvire n'imyitwarire yo kubavura binyuze mu kubaganiriza.  Ibi bisa naho bishobora kuzatanga umusaruro mu gusana abafite imitima ikomeretse.