Igihe mwakwifuza gushyigikira ibikorwa bya AMI, mwatuvugisha mukoresheje ubu buryo bukurikira
                    
                    - Coordinateur: BIZIMANA Jean Baptiste
- Phone: +250 788-849-846
- Mail: ami.rwanda@yahoo.fr
 
                
             
         
         
    
    
        
        
            
POROGARAMU
        
        
            
                
                    
                 
             
         
     
    
    
    
        
            
                
                    
                    
                        Kwimakaza ubwiyunge no gushakaumuti wo gukemura amakimbirane  
                        
                        
                            Kwimakaza ubwiyunge no gushakaumuti wo gukemura amakimbirane ntawe uhohotewe hagamijwe kwagura inzira y'ubwiyunge mu Banyarwanda muri rusange binyuze by'umwihariko mu bagenerwabikorwa b'imiryango itishoboye imbitso nka abarokotse jenoside, abagore bibana, imfungwa n'abasigajwe inyuma mu muryango Nyarwanda.  Uku kubyinjiramo kandi kugamije kugabanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo, kwimakaza uburinganire n'ubwuzuzanye, umuti ku makimbirane ashingiye ku butaka  amakimbirane y'abashakanye n'andi makimbirane abangamira amahoro yo mu muryango.