Igihe mwakwifuza gushyigikira ibikorwa bya AMI, mwatuvugisha mukoresheje ubu buryo bukurikira
                    
                    - Coordinateur: BIZIMANA Jean Baptiste
- Phone: +250 788-849-846
- Mail: ami.rwanda@yahoo.fr
 
                
             
         
         
    
    
    
    
    
        
            
                
                    
                    
                        Kwigisha Amahoro
                        
                        
                            AMI irashaka kurema imyumvire myiza mu batu hagamijwe kwimakaza amahoro mu Rwanda, aho umwihariko uri ku kongerera ubushobozi abakunzi b'amahoro batandukanye hibandwa by'umwihariko ku rubyiruko kuko arirwo mubare munini wa Banyarwanda n'ibyiringiro bwuko ahazaza heza higihugu hashingiye kuri bo.  Iyi porogaramu izabafasha guhanga no kugira imitekerereze  hagamijwe kwita ku kingenzi Umunyarwanda akeneye mu bihe bigoye.